Lionel Messi yanditse amateka mabi mu guhusha Penaliti

Rutahizamu Lionel Messi yanditse amateka mabi muri ruhago yo kuba umukinnyi wa mbere uhushije penaliti mu Gikombe cy’Isi mu marushanwa yacyo atatu (3) akurikirana.

Izi penaliti yahushije mu mikino isanzwe (hatabariwemo iziterwa kugira ngo hamenyekane utsinze mu gihe cy’inyongera).

Aka gahigo kari gasaganwe Asamoah Gyan wo muri Ghana wari ufite ebyiri (2) yahushije.

Mu 2018 (mu Burusiya): Messi yahushije penaliti bakina n’ikipe ya Islande.

Mu 2022 (muri Qatar), yahushije penaliti bakina n’ikipe ya Pologne.

Mu 2026 (mu gikombe cy’Isi), Messi yahushije penaliti ku mukino wahuzaga Argentine na Autriche.

Iyi ya nyuma yabaye penaliti ya 33 ahushije mu rugendo rwe nk’umukinnyi.

Messi niwe mukinnyi umaze guhusha Penaliti mu bikombe by’Isi bitatu bikurikirana

Ibitekerezo