Ni iki cyatumye umunyamakuru Valens Papy asabirwa gufungwa imyaka itanu n’ihazabu irenga miliyoni?
Kuri uyu wa Kane, ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge guhamya icyaha umunyamakuru Ndahiro Valens Papy, rumusabira igifungo cy’imyaka itanu ndetse no gutanga ihazabu ingana na 1.200.000 Frw.
Iki cyifuzo cyatangiwe mu rubanza ruregwamo uyu munyamakuru nyuma y’ikirego cyatanzwe n’umushoramari Ndayisenga Materne, umushinja kumusebya amutangazaho amakuru y’ibihuha binyuze mu itangazamakuru no kumutukira mu ruhame nk’uko Igihe cyabitangaje.
Turacyakurikirana inkuru irambuye…


